Official Gazette nº 10 of 11 March 2013
3° gukora ubushakashatsi buhoraho bufasha
kubaka ubushobozi bw’itangazamakuru;
3° to conduct regular research enabling to
build media capacities;
3° mener
des
recherches
régulières
permettant le renforcement des capacités
des médias ;
4° kugira uruhare mu itegurwa n’ishyirwa
mu bikorwa rya politiki n’ingamba biteza
imbere itangazamakuru;
4° to
participate
in
initiating
and
implementing policies and strategies to
develop the media sector;
4° participer dans l’initiation et la mise en
œuvre des politiques et des stratégies
visant à développer le secteur des
médias ;
5° kubaka ubushobozi bwo guhanga no
gukora itangazamakuru rimenyekanisha
kandi rigateza imbere indangagaciro,
umuco, n’ibikorerwa mu Rwanda;
5° to build innovative capacities and to
produce media content that disseminates
and promotes the Rwandan values, culture
and products;
5° renforcer la capacité d’innovation de
production du contenu médiatique propre
à diffuser et à promouvoir les valeurs, la
culture et les produits Rwandais;
6° gushyikirana, gufatanya no gukorana
n’izindi nzego zo mu gihugu, mu karere
no ku rwego mpuzamahanga bihuje
inshingano;
6° to liaise, collaborate and cooperate with
other national, regional, and international
institutions with similar or related
responsibilities;
6° se concerter, coopérer et collaborer avec
d’autres institutions nationales, régionales
et internationales ayant les missions
similaires ;
7° gufasha mu ishyirwaho ry’urubuga
rubereye kandi rworohereza ishoramari
mu itangazamakuru;
7° to assist in setting up an enabling
environment that facilitates investments in
the media sector;
7° aider dans la mise en place d’un
environnement
qui
facilite
les
investissements dans le secteur des
médias ;
8° gukora
indi
mirimo
iteganywa
n’amategeko itanyuranye n’inshingano
zayo.
8° to perform any other functions prescribed
by Law that are not inconsistent with its
mandate.
8° effectuer toutes autres tâches prescrites
par la loi et qui ne sont pas contraires à sa
mission.
Ingingo ya 7: Gutanga gahunda na raporo Article 7: Submission of the plan of action and Article 7 : Transmission du plan d’action et du
y’ibikorwa
activity report
rapport d’activités
MHC ishyikiriza urwego ruyireberera, buri
mwaka w’ingengo y’imari, gahunda y’ibikorwa
bitarenze tariki 30 Kamena ya buri mwaka
w’ingengo y’imari, na raporo y’umwaka urangiye
MHC shall, in every fiscal year, submit to the
supervising authority its annual plan of action not
later than 30th June, and the activity report of the
previous year not later than 30th September every
56
MHC soumet, chaque année comptable, à l’organe
de tutelle son plan d’action pour l’exercice suivant
au plus tard le 30 juin et son rapport d’activités au
plus tard le 30 septembre de chaque année.