Official Gazette n°14bis of 08/04/2013

4° kuba

atarakatiwe burundu igihano
cy’igifungo kingana cyangwa kirenze
amezi atandatu (6);

4° not to have been convicted to a sentence 4° ne pas avoir été condamné définitivement
equal to or exceeding six (6) months of
à une peine d’emprisonnement égale ou
imprisonment;
supérieure à (6) mois;

5° kuba afite ubunararibonye mu mirimo

5° to have an experience in leadership 5° avoir une expérience dans les postes de
positions in public or private institutions;
responsabilité dans les organes de l’Etat
ou
dans
les
organes
non
gouvernementaux.

y’ubuyobozi mu nzego za Leta cyangwa
izitari iza Leta.
By’umwihariko, Perezida wa Komisiyo
agomba
kuba
afite
impamyabumenyi
y’amashuri
makuru,
ubunararibonye
n’ubumenyi
buhagije
mu
bijyanye
n’uburenganzira bwa muntu.

In particular, the Chairperson of the
Commission must hold a degree from an
institution of higher learning and have
experience and sufficient knowledge in the
Human Rights field.

De façon particulière, le Président de la
Commission doit avoir un diplôme des études
supérieures, une expérience et de bonnes
connaissances en matière de droits de la
personne.

Ingingo ya 18: Aho Abakomiseri baturuka

Article 18: Provenance of Commissioners

Article 18: Provenance des Commissaires

Commissioners
shall come from the Les Commissaires proviennent :
following:
1° mu miryango itari iya Leta iharanira 1° non-governmental organisations for the 1° des organisations non gouvernementales
promotion and protection of Human
œuvrant pour la
promotion et la
guteza imbere no kurengera uburenganzira
Rights;
protection des droits de la personne ;
bwa muntu;
Abakomiseri baturuka aha hakurikira:

2° muri Kaminuza n’amashuri makuru ya
Leta n’ayigenga;

2° public and private Universities and
institutions of higher learning ;

2° des

Universités
et
institutions
d’enseignement supérieur publiques et
privées ;

3° muri sosiyete sivili;

3° Civil Society;

3° de la Société Civile;

4° mu nzego za Leta;

4° public institutions;

4° des institutions publiques ;

5° mu bikorera.

5° private sector.

5° du secteur privé.

Nibura mirongo itatu ku ijana (30%) At least thirty per cent (30%) of Au moins trente pour cent (30%) des
by’Abakomiseri batoranywa muri izo nzego Commissioners selected from those bodies Commissaires sélectionnés dans ces organes
88

Select target paragraph3